Hagiye havugwa amakuru atandukanye ko harimo kuba Jay Polly yaragiye Dubai kugura ibikoresho bya Studio agiye gutangiza hano I Kigali, abandi bakavuga ko uyu mugabo yagiye mu zindi gahunda ze z’ubucuruzi gusa nk’umuhanzi kandi usanzwe ukunze akifuza gutaramira abakunzi be baba hariya dore ko haba abanyarwanda batari bacye.
Abari bateguye iki gitaramo bashyize hanze itangazo bavuga ko kitakibaye kubera COVID 19,gusa andi makuru akkavugwa ko cyahagaritswe n’ambasade y’u Rwanda kubera ko itabimenyeshejwe bityo bagasanga abateguye iki gitaramo hari ibyo birengagije mu mitegurire yacyo.
Iki gitaramo cyagombaga kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Nzeri 2020,cyamaze guhagarikwa ntikikibaye.
Powered by Froala Editor
Byiringiro Lague agiye kwerekeza ku mugabane w’Uburayi
2021-03-03 07:27:35
Amafoto atandukanye yaranze ubukwe bwa Bahavu Jeanette na Fleury {AMAFOTO}
2021-03-02 23:08:30
Uwimana Abdoul wahoze akinira Rayon Sports yatawe muri Yombi
2021-03-02 22:50:29
Rayon Sports ishobora kubona umuterankunga uzajya utanga Miliyoni 400
2021-03-01 17:38:47
Amafoto agaragaza uko byari bimeze Kimenyi yambika impeta Muyango Claudine {AMAFOTO}
2021-03-01 10:01:44
Ba Uwambere Mugutanga Igitekerezo